• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Menya Amateka y’Ibitaro bya Rilima byujuje imyaka 25 bishinzwe

Ibitaro bya Rilima ni ivuriro ritanga serivisi zihariye z’ubuvuzi bw’ubumuga bw’amagufa hamwe n’iz’ubugororangingo guhera mu...

Ibitaro by’Arikidiyosezi ya Kigali bivura amagufa by’i Rilima byizihije Yubile y’imyaka 25

Ibitaro by'Arikidiyosezi ya Kigali bivura amagufa by'i Rilima tariki 4 Ukwakira 2024 byizihije Yubile y'imyaka...

Guverinoma y’u Rwanda yijeje ubufatanye Musenyeri Ntagungira wa Diyosezi ya Butare

Guverinoma y’u Rwanda yijeje ubufatanye buhoraho Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, wagizwe umushumba wa Diyosezi ya...

Musenyeri Ntagungira Jean Bosco wa Diyosezi ya Butare yimitswe

Antoine Cardinal Kambanda yahaye Ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri...

Iyo Ubabariye uwaguhemukiye bigufasha gukira igikomere- Myr Philippe Rukamba

Myr Philippe Rukamba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy'izabukuru avuga ko intambwe...

Ibikomere bituruka kuri Jenoside bigira uruhare mu isenyuka ry’imiryango

Sr Immaculée Uwamariya washinze Familles de L'Espérance avuga ko umuryango nyarwanda wakomeretse mu byiciro byose...

Urubyiruko rwasabwe kubungabunga ubuzima bw’imyororokere

Mu rwego rwo kwitegura kuzavamo ababyeyi beza urubyiruko rwo muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba,rwahuriye mu...

Serivise y’ iterambere rya muntu ryuzuye yita ku banyantege nke

Ku birebana n’ ubuzima Serivise y’ iterambere rya muntu ryuzuye izamura kandi igashyigikira ibikorwa byose...

Ubu tuzi ibimenyetso by’itungo rirwaye – Abagenerwabikora ba CDJP

Iyo uganiriye n’abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka...

Gukorera hamwe mu matsinda y’ubuhinzi byabafashije kwiteza imbere

Abaturage bafashwa na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro w’Arikidiyoseze ya Kigali guhinga bibumbiye mu matsinda basanga bizabafasha...

Kumva neza ihame ry’uburinganire byagabanyije ihohoterwa mu miryango

Abaturage bo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera guhuguwe ku buringanire n’iterambere mu...

Bahuguwe ururimi rw’amarenga kugira ngo babone uko bita ku bafite ubumuga

Abakozi ba Caritasi Kigali mu ishami ryo gufasha n’ubutabazi bahuguwe ururimi rw'amarenga kugira ngo bajye...