• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Imbamutima z’abahuguwe kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda yo kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo basanze hari ibyo bavutswagaho uburenganzira bwabo ndets bimwe ugasanga bishingiye ku muco bigatuma bamburwa uburenganzira bwabo.

Mu rwego rw’umushinga ugamije kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP ya Kigali ku nkunga yaTrocaire binyuze muri CEJP,hahuguwe ibyiciro birimo urubyiruko, abagore, abagabo ndetse n’abangavu ibiganiro bijyanye no kwimakaza Ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’ibitsina byombi n’imyitwarire mbonezamubano ibangamira iryo hame hagamijwe ko yahinduka.

Leave A Comment