• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Abepiskopi Gatolika basabye u Burundi gufungura imipaka ibuhuza n’u Rwanda

Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’ab’u Burundi, bibumbiye mu Ihuriro ACOREB bagaragaje ko bababajwe no kuba...

Ese wari uziko umwana nawe agira inshingano ze agomba gushyira mubikorwa?

Nubwo ababyeyi bagira inshingano zo kurera abana bakabaha ibyo babagomba kugira ngo bakure neza mu...

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko

Caritas Kigali igira uruhare rwo kurwanya no gukumira ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge mu rubyiruko kugira...

Caritas Kigali yateye inkunga abana bafite ubumuga 74

Mu bikorwa Caritas Kigali ikora harimo gutera inkunga abana bafite ubumuga kujya mu mashuri no...

Tubaho mu mibereho isharirirye n’abana bacu –Ababyariye iwabo

Abakobwa 79 bo muri Paruwasi ya Kigarama muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko babaho mu...

Itsinda ryaturutse muri Canada ryungukiye byinshi mu buhinzi bw’u Rwanda

Itsinda ry’Ubuhinzi ryaturutse muri Canada ryagiriye urugendoshuri muri Paruwasi ya Ruhuha muri santere ya Mareba...

Menya uruhare rwa Kiliziya mu bikorwa byo guteza imbere ubuvuzi

Hari ibikorwa bihoraho byo gukurikirana imikorere y’amavuriro ya Kiliziya gatolika akorera muri Arikidiyosezi ya Kigali...

Imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico byanyujijwemo Ubutumwa bw’ubumwe n’ubudaheranwa

Ubutumwa bujyanye no gushishikariza abaturage ubumwe n’ubudaheranwa ndetse n’Isanamitima bwagiye bunyuzwa no mu bikorwa ndangamuco...

Imiryango 1178 yahuguwe k’ihame ry’uburinganire

Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame...

Mu mwaka wa 2024 Komisiyo y’ubutabera yaherekeje mu isanamitima imfungwa n’abagororwa 596

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego...

Ubumenyi buke mu gutegura indyo yuzuye byatumye barwaza bwaki

Ababyeyi bafite abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato  yo mu karere ka Rulindo akurikiranwa na...

Abayobozi b’inzego z’ibanze 40 bahuguwe gukangurira abagore bayobora kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Abayobozi bo mu nzego z’ibanze bo mu mirenge ya Ntarabana na Rukozo mu karere ka...