Menya Intego n’ibigize ibirango bya Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA umwepisikopi mushya wa Diyosezi ya Butare
Tariki ya 05 Ukwakira 2024 kuri Katedrale ya Butare ari bwo Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA...
Burkina Faso: Hashyizwe Ubusitani bwitiriwe Bikira Mariya wa Kibeho
Paruwasi Katederali ya Dédougou ni Paruwasi y’Umujyi wa Komine Dédougou ari na yo Komine y’Umujyi...
Amatsinda y’Ubumwe n’Ubudaheranwa yafashije imiryango kwishyura imitungo yangijwe muri Jenoside
Muri gahunda y’Umushinga Ubumwe n’Ubudaheranwa ushyirwa mu bikorwa na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya...
Bakanguriwe kurwanya Ibiza mu bihe by’imvura
Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera zifite aho zihurira no...
Abihaye Imana barasabwa gutegura abafungurwa barakoze ibyaha bya Jenoside
Mu rugendo rwo gufasha abantu guhinduka Abihayimana barasabwa gutegura abantu bafungurwa barakoze ibyaha bya Jenoside...
Abantu 30 bahuguwe k’ubujyanama kw’ihungabana n’isanamitima
Abaturage 30 baturuka mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera bafashwa na Komisiyo y’Ubutabera...
Abahinzi b’imboga 80 bahuguwe kumenya gufata neza umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali 80 bahinga imboga bo mu kagali...
Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali biga mu kigo cy’imyuga TVET Butamwa bigishijwe uko bahangana ku isoko ry’umurimo
Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali biga mu kigo cy'imyuga TVET Butamwa bahuguwe uburyo bahangana ku...
Ababyeyi 30 bahuguwe uburyo bwo kwita ku bana babo
Caritas Kigali yahuguye ababyeyi 30 baturuka muri Paruwasi ya Saint Pierre bafite abana bugarijwe n'ibibazo...
Barebeye hamwe uko hakongerwa umusaruro ukomoka ku buhinzi
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yarebeye hamwe n’ubuyobozi bw’umurenge n’abahinzi ntangarugero bafashwa n’iyi...
Kwiyunga bikorwa mu nzira eshatu kugira ngo bigerweho
Mgr Edouard SINAYOBYE Umwepisikopi wa Diyosezi ya Cyangugu mu kiganiro yatanze tariki 27 Kanama 2024...
Abarezi ba ECD muri Rulindo bahuguwe uko bagomba kwita ku bana bafite ubumuga
Caritas Kigali ku nkunga ya NUDOR, ku bufatanye na MINALOC yahuguye abarezi 10 bo mu...