Butamwa TVET School ryabonye umuboyozi mushya
Ishuri ry’imyuga rya Arikidiyosezi ya Kigali Butamwa TVET School ryabonye umuyobozi mushya yitwa Nizeyimana Jean...
Mgr Philippe Rukamba yatangaje ko mu kiruhuko cye azigisha mu mashuri abanza
Musenyeri wa Diyosezi ya Butare Philippe Rukamba uherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru yatangaje ko azahita...
Kiliziya yadufashije kwiyunga n’uyu mugabo wishe Data – Ubuhamya bwa Mukarusine
Mukarusine Console warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama2024 yatanze...
Padiri Pascal Tuyisenge yagizwe Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis i Remera
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yahaye Padiri Pascal Tuyisenge kuba Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis...
Kiliziya Gatolika izi neza uruhare rwayo mu kwimakaza amahoro no guharanira umubano mwiza mu bantu- Antoine Cardinal Kambanda
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda...
Biyemeje kuvugurura ubuhinzi bwabo nyuma y’urugendoshuri bakoreye muri Expo y’ubuhinzi n’ubworozi
Abahinzi ntangarugero 25 bo mu karere ka Bugesera , Umurenge wa Ngeruka mu Tugali twa...
Gutorerwa kuba Umwepisikopi nabyakiranye ibyishimo n’igihunga – Musenyeri Ntagungira
Musenyeri Ntagungira Jean Bosco watowe na Papa Francisco kuba umushumba wa Diyosezi ya Butare kuri...
Padiri Jean Bosco Ntagungira yatorewe kuba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare
Papa Fransisiko kuri uyu wa mbere tariki 12 Kanama 2024 yatoreye Padiri Ntagungira Bosco kuba...
Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu turere twa Gakenke na Rulindo
Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana...
Urubyiruko rwigishijwe uburyo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza
Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba...
Imbamutima z’abahuguwe kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo
Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda...
Kwigishwa gutegura indyo yuzuye byagabanyije imirire mibi mu bana
Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye...