Ibyiciro by’abantu batandukanye bahuguwe ku kurwanya ibiza bituruka ku mihindagurikire y’ikirere
Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego...
Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge nyuma ya Jenoside no kwizihiza Isabukuru ya Kiliziya mu Rwanda
Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na...
Nyuma y’imyaka 10 nkoze impanuka iyo ntagira Caritas simba nkiriho-Mutemberezi Claver
Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi...
Ubutumwa Papa Fransisko yageneye Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru
Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro...
Santarari ya Nduba bizihije umunsi w’abageze mu zabukuru babagenera impano zitandukanye
Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru...
Ese wari uziko Imana igusaba kwita ku bageze mu zabukuru
Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Sogokuru na Nyogokuru. Ese uribuka ko...
Kubera iki ukwezi ku urukundo n’impuhwe Abepisikopi bahisemo ko kuba mu kwa munani
Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari...
Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere yitabye Imana
Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya...
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamurikiye abagenerwabikorwa Isoko yabubakiye
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024...
Hafunguwe Ishami ry’Ubuforomo n’Ububyaza muri St Paul
Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, habaye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ishami...
Padiri Felicien Hategekimana yashyinguwe mu cyubahiro
Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo Padiri Padiri Felicien Hategekimana yasezweho bwa...
Hakomeje ibikorwa byo gushishikariza abantu kwigomwa gufasha abakene mu kwezi kw’Impuhwe n’Urukundo
Ibikorwa by’ukwezi k’Urukundo n’impuhwe biba mu kwezi kwa 8 bikaba ari ukwezi ko kwitagatifurizamo kwashyizweho...