• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

‘Ubumwe n’Ubudaheranwa’ umushinga witezweho komora ibikomere bya Jenoside

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali, tariki ya 09 Gashyantare 2023 yamuritse umushinga witwa...

Menya bimwe mu byaranze ubuzima bwa Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu yagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kibungo

Padiri Jean Marie Vianney Twagirayezu yabarizwaga muri Diyosezi ya Nyundo, akaba yari asanzwe ari umuyobozi...

Kugirwa Umwepisikopi byantunguye Sinabitekerezaga – Musenyeri Twagirayezu

Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu avuga ko yatunguwe n’icyemezo Papa Francis umushumba wa Kiriziya Gatolika ku...

Itariki yo kwimika umushumba wa Kibungo yamenyekanye

Musenyeri Jean Marie Vianney Twagirayezu, watorewe na Nyirubutungane Papa Francisco kuba umushumba wa Diyosezi Gatolika...

Abepisikopi Gatolika bo mu Rwanda baramara icyumweru i Roma

Buri myaka itanu Abepisikopi Gatolika mu bihugu byose ku Isi babona ubutumire bwa Papa, aho...

Abantu 32 bahuguwe kuri gahunda yo gutanga ubujyanama mu muryango

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP) y’Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu 32 ku bijyanye no gutega amatwi...

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bagiye kubakirwa isoko ry’imboga

Mu rwego rwo kongerera agaciro umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri...

Umubyeyi wese afite inshingano zo kurinda umwana kujya mu buzererezi

Caritas ya Kigali iri mu bukangurambaga bugamije guca ubuzererezi mu bana bakiri bato, kurwanya ibiyobyabwenge...

Dusobanukirwe Ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo icyo aricyo

Bakirisitu bavandimwe, muryango w’Imana, ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe n’igihe umukirisitu Gatolika by’umwihariko n’undi muntu wese w’umutima...

Ubutumwa bw’amabonekerwa ya Bikira Mariya bugomba guhindura abantu bakagarukira Imana

Intumwa ya Papa mu Rwanda, Arikiyepiskopi Alnardo Sanchez Catalan, mu butumwa yagejeje kubari mu munsi...

Inama mpuzamahanga ya SIGNIS Africa isigiye iki ibinyamakuru bya Kiriziya Gatorika

Itangazamakuru rya Kiriziya Gatorika rigiye kunoza no kwagura imikorere yaryo nyuma y’ Inama mpuzamahanga ya...

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yashimiwe ibikorwa by’iterambere yagejeje ku baturage b’akarere ka Bugesera

Mu imurikabikorwa ry’Akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali yamuritse ibikorwa ikorera mu...