Menya amateka ya Diyosezi ya Butare n’Abepiskopi bayiyoboye
Ibirori byo kwimika umwepiskopi mushya wa Diyosezi ya Butare biteganyijwe tariki ya 5 Ukwakira 2024...
Sobanukirwa ibintu bitatu umubyeyi akwiye guha umwana we ku gira ngo akure neza
Kugira ngo umwana akure neza agomba kurerwa mu buryo butatu aribwo kurerwa ku mubiri, kurerwa...
Papa Fransisiko yatangaje ko Umwami Baudouin agiye gushyirwa mu rwego rw’abahire
Ku musozo wa Misa yabereye kuri Sitade yitiriwe Baudouin, i Brussels mu Bubiligi, Papa Fransisiko...
Kongerera ubushobozi abagore mu nzego zifata ibyemezo byagabanyije ihohotera rikorerwa mu ngo
Abagabo n’abagabo ndetse na bamwe mu bagize umuryango bahamya ko inyigisho bahawe na Komisiyo y’Ubutabera...
Menya Intego n’ibigize ibirango bya Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA umwepisikopi mushya wa Diyosezi ya Butare
Tariki ya 05 Ukwakira 2024 kuri Katedrale ya Butare ari bwo Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA...
Burkina Faso: Hashyizwe Ubusitani bwitiriwe Bikira Mariya wa Kibeho
Paruwasi Katederali ya Dédougou ni Paruwasi y’Umujyi wa Komine Dédougou ari na yo Komine y’Umujyi...
Amatsinda y’Ubumwe n’Ubudaheranwa yafashije imiryango kwishyura imitungo yangijwe muri Jenoside
Muri gahunda y’Umushinga Ubumwe n’Ubudaheranwa ushyirwa mu bikorwa na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya...
Bakanguriwe kurwanya Ibiza mu bihe by’imvura
Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera zifite aho zihurira no...
Abihaye Imana barasabwa gutegura abafungurwa barakoze ibyaha bya Jenoside
Mu rugendo rwo gufasha abantu guhinduka Abihayimana barasabwa gutegura abantu bafungurwa barakoze ibyaha bya Jenoside...
Abantu 30 bahuguwe k’ubujyanama kw’ihungabana n’isanamitima
Abaturage 30 baturuka mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera bafashwa na Komisiyo y’Ubutabera...
Abahinzi b’imboga 80 bahuguwe kumenya gufata neza umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali 80 bahinga imboga bo mu kagali...
Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali biga mu kigo cy’imyuga TVET Butamwa bigishijwe uko bahangana ku isoko ry’umurimo
Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali biga mu kigo cy'imyuga TVET Butamwa bahuguwe uburyo bahangana ku...