• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu turere twa Gakenke na Rulindo

Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana...

Urubyiruko rwigishijwe uburyo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza

Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba...

Imbamutima z’abahuguwe kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda...

Kwigishwa gutegura indyo yuzuye byagabanyije imirire mibi mu bana

Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye...

Ibyiciro by’abantu batandukanye bahuguwe ku kurwanya ibiza bituruka ku mihindagurikire y’ikirere

Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego...

Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge nyuma ya Jenoside no kwizihiza Isabukuru ya Kiliziya mu Rwanda

Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na...

Nyuma y’imyaka 10 nkoze impanuka iyo ntagira Caritas simba nkiriho-Mutemberezi Claver

Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi...

Ubutumwa Papa Fransisko yageneye Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru

Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro...

Santarari ya Nduba bizihije umunsi w’abageze mu zabukuru babagenera impano zitandukanye

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru...

Ese wari uziko Imana igusaba kwita ku bageze mu zabukuru

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Sogokuru na Nyogokuru. Ese uribuka ko...

Kubera iki ukwezi ku urukundo n’impuhwe Abepisikopi bahisemo ko kuba mu kwa munani

Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari...

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere yitabye Imana

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya...