• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Menya uburyo wahana umwana utamwangirije ubuzima bwo mu mutwe

Ababyeyi benshi bakunze guhana abana babo igihe bakosheje bakoresheje ibihano bitandukanye nyamara ngo umubyeyi ashobora...

Yahereye ku nkunga y’Ibihumbi 40 none ageze ku mutungo usaga miliyoni 7- Ubuhamya

Umugenerwabikorwa wa Caritas Kigali witwa Nyiransabimana Algentine utuye mu karere ka Bugesera mu murenge wa...

Gahunda ya Caritas iwacu igiye gutangizwa muri Paruwasi ziri mu karere ka Bugesera

Muri gahunda yo gukomeza kwita ku batishoboye Serivise y'Iterambere rya muntu ryuzuye yagiranye ibiganiro n'abagize...

Dore ibintu bitera uburwayi bw’umugongo n’uburyo wabyirinda

Zimwe mu mpamvu zitera uburwayi bw’umugongo zirimo kuba umuntu yicara mu buryo butari bwo (position)...

Menya impamvu Kiliziya yahisemo kwigisha uburyo bwo guteganya urubyaro hakoreshejwe uburyo bwa kamere

Kiliziya Gatolika igira uruhare rukomeye rwo kwigisha abanyarwanda kumenya guteganya imbyaro hifashishijwe uburyo bwa kamere...

Caritas Kigali yashimiwe kuba umufatanyabikorwa mwiza w’akarere ka Kicukiro

Caritas Kigali yahawe ‘Ceritificat’ y’ishimwe kubera kuba umufatanyabikorwa mwiza w’Akarere ka Kicukiro mu bikorwa byo...

Arikidiyosezi ya Kigali yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe kuri Paruwasi ya Musha

Mu karere ka Rwamagana kuri Paruwasi ya Musha tariki 17 Gicurasi 2024 Arikidiyosezi ya Kigali...

Abiga mu ishuri rya Butamwa TVET School basabwe kwirinda icyakurura amacakuburi mu banyarwanda

Mu gikorwa cyo Kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside 1994 abanyeshuri biga mu ishuri rya Butamwa...

Bumbogo : Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro biyemeje gushyira mu bikorwa gahunda ya Caritas Iwacu

Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali batuye Bumbogo mu...

Abangavu 60 bahuguwe ku gukumira no kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Mu rwego rw'umushinga ugamije kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa...

Abanyeshuri baremeye mugenzi wabo uherutse gupfusha umubyeyi agwiriwe n’inzu

Mu rwego rwo gukomera ku muco wo  gufashanya abanyeshuri biga mu mwaka wa kane muri...

Paruwasi ya Ruhuha yibutse inasabira Abatutsi bishwe muri Jenoside

Paruwasi ya Ruhuha bibutse banunamira ku nshuro 30 Abatutsi bishwe muri Jenoside batura n'igitambo cya...