• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Abapadiri bakuru ba za Paruwasi bashakiye hamwe igisubizo cyo kuvana abatishoboye mu bukene

Mu nama yahuje Abapadiri bakuru ba Paruwasi muri Arikidiyosezi ya Kigali bigira hamwe uburyo bakura...

Abagize umuryango bahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’ibitsina byombi

Mu rwego rw'umushinga wo kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa...

Abagize Komite ya Caritas na CDJP muri Arikidiyosezi ya Kigali barebeye hamwe impamvu y’amakimbirane mu ngo

Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro (CDJP) muri Arikidiyosezi ya Kigali, tariki 6...

Abakirisitu bo muri Paruwasi ya Munyaga bigishijwe guteganya imbyaro hakoreshejwe uburyo bwa kamere

Mu rwego rwo gukomeza gushyigikira gahunda yo guteganya urubyaro Abakirisitu bo muri Paruwasi ya Munyana...

Umwiheroro w’abayobozi b’amavuriro y’Arikidiyosezi ya kigali wafatiwemo imyanzuro yo gucunga umutongo neza

Abayobozi b’amavuriro y’Arikidiyosezi ya Kigali hamwe n’abayobora ibigo nderabuzima bagize umwiherero w’imisni itatu kuva tariki...

Abakangurambaga ba serivise y’Iterambere ryuzuye rya muntu biyemeje kuba intangarugero muri “Caritas iwacu”

Abakangurambaga ba serivise y'Iterambere ryuzuye rya muntu(Caritas/CDJP) bo muri Zone ya Masaka kuri uyu wa...

Menya umwihariko w’uburezi n’uburere bitangirwa mu ishuri ry’imyuga rya Butambwa

Rwigira Jean Marie Vianney umuyobozi w’ishuri rya Butamwa TVET Schools avuga ko batanga uburezi ariko...

Antoine Cardinal Kambanda yifatanyije n’abanyarwanda baba muri Pologne kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi

Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, tariki ya 27 Mata 2024 mu murwa mukuru wa Polonye, yifatanyije...

Abapadiri Bakuru bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali baganiriye ku ngingo zifasha abakirisitu kugira imibereho myiza

Nyuma yo kubona ko Kiliziya ikomeje kugira umubare munini w’abaza babagana bifuza ko babafasha kubera...

Ubutumwa bwa komisiyo y’ubutabera n’amahoro mu nama y’abepiskopi gatolika mu rwanda muri iki gihe cyo #kwibuka30

Kiliziya Gatolika yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside...

Umuco wo kudahana wongereye ubukana bwa Jenoside – Minisitiri Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Dr Jean Damascène, yerekanye uko Jenoside yakorewe Abatutsi...

Ubudage bwashimye uburyo Kiliziya ikoresha inkunga yo gushyigikira ibikorwa by’ubuzima

Mu ruzinduko rw’akazi itsinda ry’abayobozi bayobowe na Minisitiri w’intara ya Rhineland-Palatinate mu gihugu cy’Ubudage bagiriye...