• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
April 30, 2024

Menya umwihariko w’uburezi n’uburere bitangirwa mu ishuri ry’imyuga rya Butambwa

Rwigira Jean Marie Vianney umuyobozi w’ishuri rya Butamwa TVET Schools avuga ko batanga uburezi ariko bakanigisha abanyeshuri inyigisho zibakangurira kuba

April 29, 2024

Antoine Cardinal Kambanda yifatanyije n’abanyarwanda baba muri Pologne kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi

Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, tariki ya 27 Mata 2024 mu murwa mukuru wa Polonye, yifatanyije n'Abanyarwanda mu Gitambo cy'Ukaristiya basabiramo

April 22, 2024

Abapadiri Bakuru bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali baganiriye ku ngingo zifasha abakirisitu kugira imibereho myiza

Nyuma yo kubona ko Kiliziya ikomeje kugira umubare munini w’abaza babagana bifuza ko babafasha kubera impamvu zitanduka (ifunguro, imyambaro, kwivuza,

April 11, 2024

Ubutumwa bwa komisiyo y’ubutabera n’amahoro mu nama y’abepiskopi gatolika mu rwanda muri iki gihe cyo #kwibuka30

Kiliziya Gatolika yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo

April 5, 2024

Umuco wo kudahana wongereye ubukana bwa Jenoside – Minisitiri Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Dr Jean Damascène, yerekanye uko Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yagize ubukana kubera

April 3, 2024

Ubudage bwashimye uburyo Kiliziya ikoresha inkunga yo gushyigikira ibikorwa by’ubuzima

Mu ruzinduko rw’akazi itsinda ry’abayobozi bayobowe na Minisitiri w’intara ya Rhineland-Palatinate mu gihugu cy’Ubudage bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa

April 1, 2024

Abaturage basaga 200 bamaze guhugurwa ku kamaro ko kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Mu rwego rw'umushinga ugamije kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP Kigali

March 31, 2024

Umuzi w’ibibazo umuntu ahura na byo biterwa no kwikunda no kwireba ubwe – Antoine Cardinal Kambanda

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Werurwe 2024, ubwo yari ayoboye Igitambo cya Misa y'igitaramo cya Pasika kuri Katederali

March 30, 2024

Minubumwe yagiranye ibiganiro n’imiryango ikorana nayo mu mushinga w’ubumwe n’ubudaheranwa

Imishinga 10 ikorana na MINUBUMWE mu mushinga wayo w'ubumwe n'ubudaheranwa bagize umwiherero w’iminsi itatu kuva tariki 25 kugeza tariki 28

March 30, 2024

Paruwasi ya Mugote yashyikirije inkunga Abarwayi

Muri paruwasi ya Mugote kuri uyu wa Gatanu Mutagatifu tariki 29 Werurwe 2024  Abakangurambaga ba Caritas basuye abarwayi ku bitaro,