Rwigira Jean Marie Vianney umuyobozi w’ishuri rya Butamwa TVET Schools avuga ko batanga uburezi ariko bakanigisha abanyeshuri inyigisho zibakangurira kuba
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, tariki ya 27 Mata 2024 mu murwa mukuru wa Polonye, yifatanyije n'Abanyarwanda mu Gitambo cy'Ukaristiya basabiramo
Nyuma yo kubona ko Kiliziya ikomeje kugira umubare munini w’abaza babagana bifuza ko babafasha kubera impamvu zitanduka (ifunguro, imyambaro, kwivuza,
Kiliziya Gatolika yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Dr Jean Damascène, yerekanye uko Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yagize ubukana kubera
Mu ruzinduko rw’akazi itsinda ry’abayobozi bayobowe na Minisitiri w’intara ya Rhineland-Palatinate mu gihugu cy’Ubudage bagiriye mu Rwanda kuri uyu wa
Mu rwego rw'umushinga ugamije kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Werurwe 2024, ubwo yari ayoboye Igitambo cya Misa y'igitaramo cya Pasika kuri Katederali
Imishinga 10 ikorana na MINUBUMWE mu mushinga wayo w'ubumwe n'ubudaheranwa bagize umwiherero w’iminsi itatu kuva tariki 25 kugeza tariki 28
Muri paruwasi ya Mugote kuri uyu wa Gatanu Mutagatifu tariki 29 Werurwe 2024 Abakangurambaga ba Caritas basuye abarwayi ku bitaro,