Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego rwo kubategura kubana neza nabo
Ababyeyi bafite abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato yo mu karere ka Rulindo akurikiranwa na Caritasi Kigali bavuga ko kutamenya
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze bo mu mirenge ya Ntarabana na Rukozo mu karere ka Rulindo bahawe amahugurwa y’iminsi ibiri
Mu rwego rwo gufasha abatishoboye kwikura mu bukene Paruwasi ya Nyamata yoroje abakene 27 ihene kugira ngo zibafashe kwikura mu
Mu rwego rwo gukomeza kwita ku ngo mbonezamikurire zikurikiranwa na Caritas Kigali zo mu karere ka Rulindo na Gakenke abakorerabushake
Nyuma yo guhabwa inyigisho na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda ndetse bakagihabwa na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde Abasaserodoti bakorera ubutumwa
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde yabwiye Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali ko amateka y’u Rwanda umusaseridoti akoreramo ubutumwa,
Antoine Cardinal Kambanda Arkiyepiskopi wa Kigali tariki 27 Gashyantare 2025 yatangije icyiciro cya mbere cy’amahugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge, ku munsi
Abanyamuryango bibumbiye mu matsinda ya "Kwigira' bavuga ko iyi gahunda yamaze kubateza imbere bakabasha kwikura mu bukene ubu bakaba babasha