• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
February 28, 2025

Kudasinzira amasaha 8 mu ijoro bishobora gutera umuvuduko ukabije w’amaraso

Abantu benshi bakunze gukora amasaha menshi abandi bakagira ibibazo bishobora gutuma badasinzira neza ntibaryame bihagije ngo baruhuke uko bikwiye, bikaba

February 28, 2025

Amavuriro ya Kiliziya Gatolika muri Arkidiyosezi ya Kigali yavuye ku buntu abatishoboye 2.094

Mu bikorwa byo kwita ku batishoboye byakozwe na Caritas Kigali harimo kwishyurira abatishoboye ubwisungane mukwivuza (mutuelle de sante) ndetse abantu

February 28, 2025

Kumva neza ihame ry’uburinganire byabafashije gutera imbere

Kubera ibiganiro Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;

February 28, 2025

Kuki Igwingira ridacika?

Nubwo Leta hamwe n'abafatanyabikorwa bayo bashyira imbaraga mu kurwanya igwingira mu bana bato umuntu yakwibaza impamvu ridacika burundu kandi hari

February 28, 2025

Guherekeza imfungwa n’abagororwa bitegura kurekurwa ni imwe mu nzira y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Bimwe mu bikorwa bya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali harimo guherekeza imfungwa n’abagororwa babategura kuzabana neza nabo basanze

February 28, 2025

Menya amateka y’Ishuri ry’imyuga rya Butamwa

Ishuri rya Butamwa VTC ni Ishuri rya Arkidiyosezi Gatolika ya Kigali ricungwa na Caritas ya Diyosezi ya Kigali. Riherereye mu

February 27, 2025

Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda yateye inkunga ibitaro bya Rilima bivura amagufa n’ingingo

Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda tariki 27 Gashyantare 2025 yateye inkunga y’ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni zisaga 86 frw ibitaro by’Arikidiyosezi

February 27, 2025

Abasaserdoti bakorera ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali bari guhugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge

Antoine Cardinal Kambanda Arkiyepiskopi wa Kigali kuri uyu wa kane tariki 27 Gashyantare 2025  yatangije amahugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge, yitabiriwe

February 27, 2025

Kiliziya imaze gufasha imiryango ibihumbi 30 guteganya imbyaro ikoresheje uburyo bwa Kamere

Serivisi y'Ubusugire bw'Ingo mu nama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda itangaza ko kuva mu 2010, imiryango igera ku bihumbi 30 yafashijwe

February 23, 2025

Barasaba Leta kugabanya ikiguzi cyo kwiga Ubuforomo

Ababyeyi barerera mu mashuri yigisha Ubuforomo n’Ububyaza, basaba Leta kugabanya ikiguzi cy’uburezi, kugira ngo bunganire gahunda yo gukuba kane mu