• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
August 28, 2024

Kiliziya yadufashije kwiyunga n’uyu mugabo wishe Data – Ubuhamya bwa Mukarusine

Mukarusine Console warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama2024 yatanze ubuhamya bw’uko yababariye Hatunguramye Joseph

August 28, 2024

Padiri Pascal Tuyisenge yagizwe Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis i Remera

Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yahaye Padiri Pascal Tuyisenge kuba Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis i Remera, mu gihe Padiri

August 26, 2024

Kiliziya Gatolika izi neza uruhare rwayo mu kwimakaza amahoro no guharanira umubano mwiza mu bantu- Antoine Cardinal Kambanda

Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yitabiriye Inama nyunguranabitekerezo ku komorana

August 21, 2024

Biyemeje kuvugurura ubuhinzi bwabo nyuma y’urugendoshuri bakoreye muri Expo y’ubuhinzi n’ubworozi

Abahinzi ntangarugero 25 bo mu karere ka Bugesera , Umurenge wa Ngeruka mu Tugali twa Nyakayenzi, Gihembe na Rutonde bafashwa

August 13, 2024

Gutorerwa kuba Umwepisikopi nabyakiranye ibyishimo n’igihunga – Musenyeri Ntagungira

Musenyeri Ntagungira Jean Bosco watowe na Papa Francisco kuba umushumba wa Diyosezi ya Butare kuri uyu wa mbere tariki ya

August 12, 2024

Padiri Jean Bosco Ntagungira yatorewe kuba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare

Papa Fransisiko kuri uyu wa mbere tariki 12 Kanama 2024 yatoreye Padiri Ntagungira Bosco kuba umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare.

July 31, 2024

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu turere twa Gakenke na Rulindo

Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana. Bimwe mu bikorwa yagiye ifashamo

July 31, 2024

Urubyiruko rwigishijwe uburyo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza

Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza, babungabunga

July 31, 2024

Imbamutima z’abahuguwe kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda yo kongerera ubushobozi abagore ku

July 31, 2024

Kwigishwa gutegura indyo yuzuye byagabanyije imirire mibi mu bana

Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye byatumye abana babo bava mu