• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
July 31, 2024

Ibyiciro by’abantu batandukanye bahuguwe ku kurwanya ibiza bituruka ku mihindagurikire y’ikirere

Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego z’ibanze kuri uyu wa kane

July 29, 2024

Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge nyuma ya Jenoside no kwizihiza Isabukuru ya Kiliziya mu Rwanda

Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda,

July 28, 2024

Nyuma y’imyaka 10 nkoze impanuka iyo ntagira Caritas simba nkiriho-Mutemberezi Claver

Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi Claver umwe mu bagenerwabikorwa yashimiye

July 28, 2024

Ubutumwa Papa Fransisko yageneye Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru

Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro ya 4, taliki 28 Nyakanga,

July 28, 2024

Santarari ya Nduba bizihije umunsi w’abageze mu zabukuru babagenera impano zitandukanye

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru. Ku iki cyumweru Umuyobozi wa

July 25, 2024

Ese wari uziko Imana igusaba kwita ku bageze mu zabukuru

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Sogokuru na Nyogokuru. Ese uribuka ko ari ingenzi kubitaho igihe ukibafite?

July 23, 2024

Kubera iki ukwezi ku urukundo n’impuhwe Abepisikopi bahisemo ko kuba mu kwa munani

Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari ukwezi abaturage benshi baba babonye

July 22, 2024

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere yitabye Imana

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya CHUK, yitabye Imana ku cyumweru

July 19, 2024

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamurikiye abagenerwabikorwa Isoko yabubakiye

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024 mu karere ka Bugesera yamurikiye

July 12, 2024

Hafunguwe Ishami ry’Ubuforomo n’Ububyaza muri St Paul

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, habaye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ishami ry’ishuri ry’ubuzima rya Ruli( Ruli