Papa Fransisiko yatangaje ko ahangayikishijwe n'ibibazo by'umutekano muke bikomeje kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo asaba inzego zitandukanye gukora
Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025, abagize ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma
Mu nteko rusange ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 08
Sr Betty Mukarugamabwa umuhuzabikorwa wa serivisi y’Ubuzima muri Caritas Kigali yizihije Yubire y’imyaka 25 amaze yiyegurirye Imana. Ni ibirori byabereye
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo kwiga. Ibi ibigize isengesho rye
Nyuma y'aho Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bansinye ku itangazo ribuza abakirisitu n'abandi bantu b'umutima mwiza kubaha ubuzima birinda gukuramo inda
Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana ndetse no gufasha abari mu mirire mibi kuyivamo Caritas Kigali mu ishami ryayo
Mu mugoroba wo ku itariki ya 31 Ukuboza abakirisitu gatolika bakunze guhimbaza Imana bayishimira ko barangije umwaka, hakaba n’abitabira iki
Mu bihe bishize, ababyeyi batuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo babonye akazi kabatwara umwanya munini, bituma bafata icyemezo cyo
Nk’uko byagiye bikorwa mu zindi Paruwasi gusangira Noheli n’abakene kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Ukuboza 2024 Komisiyo y'iterambere ryuzuye