• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
January 31, 2025

Papa Fransisiko ahangayikishijwe n’ibibazo by’umutekano muke urangwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo

Papa Fransisiko yatangaje ko ahangayikishijwe n'ibibazo by'umutekano muke bikomeje kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo asaba inzego zitandukanye gukora

January 27, 2025

Papa Fransisiko yasabye abanyamakuru gutangaza amakuru atanga ihumure ku bantu

Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025,  abagize  ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma

January 8, 2025

Antoine Cardinal kambanda yashimye ibikorwa biteza imbere abatishoboye bya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro

Mu nteko rusange ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali  yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 08

January 6, 2025

Mu mafoto: Dore uko ibirori bya Yubire y’imyaka 25 Sr Betty Mukarugambwa yahimbaje uko byizihijwe

Sr Betty Mukarugamabwa umuhuzabikorwa wa serivisi y’Ubuzima muri Caritas Kigali yizihije Yubire y’imyaka 25 amaze yiyegurirye Imana. Ni ibirori byabereye

January 5, 2025

Icyifuzo cya Papa Fransisiko muri Mutarama 2025

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo kwiga. Ibi ibigize isengesho rye

December 31, 2024

Ese koko Kiliziya ntishyigikiye gahunda yo kuboneza urubyaro?

Nyuma y'aho Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bansinye ku itangazo ribuza abakirisitu n'abandi bantu b'umutima mwiza kubaha ubuzima birinda gukuramo inda

December 31, 2024

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu bana

Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana ndetse no gufasha abari mu mirire mibi kuyivamo Caritas Kigali mu ishami ryayo

December 31, 2024

Menya amateka y’indirimbo Te Deum, ikunze kuririmbwa mu mpera z’Umwaka

Mu mugoroba wo ku itariki ya 31 Ukuboza abakirisitu gatolika bakunze guhimbaza Imana bayishimira ko barangije umwaka, hakaba n’abitabira iki

December 31, 2024

Uburangare bw’ababyeyi biri mu byangiza uburere bw’abana

Mu bihe bishize, ababyeyi batuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo babonye akazi kabatwara umwanya munini, bituma bafata icyemezo cyo

December 31, 2024

Muri Paruwasi ya Gahanga basoje umwaka basangira n’abatishoboye

Nk’uko byagiye bikorwa mu zindi Paruwasi gusangira Noheli n’abakene kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Ukuboza 2024 Komisiyo y'iterambere ryuzuye