Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo Padiri Padiri Felicien Hategekimana yasezweho bwa nyuma ashyingurwa mu cyubahiro mu
Ibikorwa by’ukwezi k’Urukundo n’impuhwe biba mu kwezi kwa 8 bikaba ari ukwezi ko kwitagatifurizamo kwashyizweho na caritas mu rwego rwo
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abaturage 100 ifasha bo mu karere ka Bugesera gutera ibiti barwanya Isuri
Abaturage bo mu karere ka Bugesera baterwa inkunga na Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko kuhira imyaka
Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu bikorerwa umuturage ikaba ari umufatanyabikorwa w’akarere ka Bugesera mu bikorwa
Nk’umwe mu bafatanyabikorwa b’imena mu kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana mu turere twa Rulindo na Gakenke Caritas Kigali yifatanyije
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abagenerwabikorwa bayo bafashwa n’umushinga Rwa-79 bo mu midugudu ya Heru, Ruzinge na
Imiryango 80 igizwe n’umugore n’umugabo yahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’Ubwuzuzanye mu muryango hagati y’umugore n’umugabo. Umukozi wa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro
Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abagenerwabikorwa bayo bagera ku 100 uburyo bwo gukoramo ubuhinzi bwa kijyambere. Umukozi
Abakorerabushake ba Caritas Kigali tariki 21 Kamena 2024 muri Paruwasi ya Ndera bagiranye ibiganiro n'abakozi bo mu Ishami ry'imibereho myiza,