• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
December 31, 2024

Mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe hakusanyijwe asaga Miliyoni 15frw

Muri uyu mwaka wa 2024 Caritas Kigali mu ishami ryayo ryo gukusanya inkunga yo kwita ku bakene n’abatishoboye yakusanyije inkunga

December 30, 2024

Kiliziya Gatolika yibukije abana kutigira indakoreka

Abana b’abagatolika bizihije Yubile y’imyaka 125 Kiliziya Gatolika imaze igeze mu Rwanda n’iy’imyaka 2025 yo gucungurwa kwa bene Muntu, maze

December 29, 2024

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw’isanamitima

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw'isanamitima mu gukiza ibikomere bituruka kuri Jenoside yakorewe

December 25, 2024

Paruwasi zimwe zo muri Arikidiyosezi ya Kigali zasangiye Noheli n’abakene

Mu kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli kuri uyu w gatatu tariki 25 Ukuboza 2024 Paruwasi zimwe zo muri Arikidiyosezi ya

December 25, 2024

Abepisikopi Gatolika mu Rwanda basabye abakirisitu n’abantu bafite umutima mwiza kurengera ubuzima

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bagendeyeku itegko ry’Imana  rigira riti "Ntuzice umuntu" (Jyim. 20, 13; Mt 5, 21) bibukije Abakirisitu n'abantu

December 25, 2024

Musenyeri Rukamba yifashishije ivuka rya Yezu yamagannye gukuramo inda

Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy’izabukuru yongeye gushimangira umurongo Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda iherutse

December 25, 2024

Kigali: Abasaga 500 basangiye Noheli na Arikiyepisikopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda

Misa ya Noheli ihumuje, abantu bagera kuri 500 mu Mujyi wa Kigali basangiye ifunguro rya kumanywa na Antoine Karidinali Kambanda,

December 25, 2024

Umunsi wa Noheli ukwiye kuba intandaro yo kunga ubumwe- Antoine Cardinal Kambanda

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko umunsi wa Noheli ari isooko y’umucyo n’amahoro bityo ukaba ukwiye kuba intandaro

December 25, 2024

Kuki Noheli yizihizwa ku itariki 25 Ukuboza?

Kuva mu kinyejana cya 17, hari bamwe batangiye gukwiza hose ko itariki ya 25/12 Abakristu bahimbazaho Noheli, ari umunsi wahimbazwagaho

November 29, 2024

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahawe ibiti by’imbuto n’ibivangwa n’imyaka

Kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Ugushyingo 2024, abagenerwabikorwa 300 ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) bo