• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
May 31, 2024

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yasuye abagenerwabikorwa bayo

Kuva tariki 29-31 Gicurasi  2024 habaye igikorwa cyo gusura bamwe mu bagenerwabikorwa b’umushinga Rwa-79  mu kagali ka Nyakayenzi mu murenge

May 31, 2024

Bigishijwe kumenya gukora ibimina bidasesa

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagiranye inama n’abagenerwabikorw bayo yo kumenya gukora ibimina bidasesa yabaye tariki 30 Gicurasi

May 31, 2024

Menya uburyo wahana umwana utamwangirije ubuzima bwo mu mutwe

Ababyeyi benshi bakunze guhana abana babo igihe bakosheje bakoresheje ibihano bitandukanye nyamara ngo umubyeyi ashobora guhana umwana nabi akamutera ibibazo

May 31, 2024

Yahereye ku nkunga y’Ibihumbi 40 none ageze ku mutungo usaga miliyoni 7- Ubuhamya

Umugenerwabikorwa wa Caritas Kigali witwa Nyiransabimana Algentine utuye mu karere ka Bugesera mu murenge wa Mwogo atanga ubuhamya uburyo yiteje

May 31, 2024

Gahunda ya Caritas iwacu igiye gutangizwa muri Paruwasi ziri mu karere ka Bugesera

Muri gahunda yo gukomeza kwita ku batishoboye Serivise y'Iterambere rya muntu ryuzuye yagiranye ibiganiro n'abagize komite z'iyi Serivisi mu Karere

May 31, 2024

Dore ibintu bitera uburwayi bw’umugongo n’uburyo wabyirinda

Zimwe mu mpamvu zitera uburwayi bw’umugongo zirimo kuba umuntu yicara mu buryo butari bwo (position) ndetse no kumara umwanya munini

May 30, 2024

Menya impamvu Kiliziya yahisemo kwigisha uburyo bwo guteganya urubyaro hakoreshejwe uburyo bwa kamere

Kiliziya Gatolika igira uruhare rukomeye rwo kwigisha abanyarwanda kumenya guteganya imbyaro hifashishijwe uburyo bwa kamere bwo kubara ukwezi k’umugore. Impamvu

May 29, 2024

Caritas Kigali yashimiwe kuba umufatanyabikorwa mwiza w’akarere ka Kicukiro

Caritas Kigali yahawe ‘Ceritificat’ y’ishimwe kubera kuba umufatanyabikorwa mwiza w’Akarere ka Kicukiro mu bikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu

May 18, 2024

Arikidiyosezi ya Kigali yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe kuri Paruwasi ya Musha

Mu karere ka Rwamagana kuri Paruwasi ya Musha tariki 17 Gicurasi 2024 Arikidiyosezi ya Kigali yibutse ku ncuro ya 30

May 17, 2024

Abiga mu ishuri rya Butamwa TVET School basabwe kwirinda icyakurura amacakuburi mu banyarwanda

Mu gikorwa cyo Kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside 1994 abanyeshuri biga mu ishuri rya Butamwa TVET School basabwe kwirinda amacakubiri