Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’ab’u Burundi, bibumbiye mu Ihuriro ACOREB bagaragaje ko bababajwe no kuba imipaka yo ku butaka ihuza
Nubwo ababyeyi bagira inshingano zo kurera abana bakabaha ibyo babagomba kugira ngo bakure neza mu mibereho yabo ya buri munsi
Caritas Kigali igira uruhare rwo kurwanya no gukumira ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge mu rubyiruko kugira ngo rubashe kubaho mu buzima
Mu bikorwa Caritas Kigali ikora harimo gutera inkunga abana bafite ubumuga kujya mu mashuri no kubitaho mu mibereho yabo isanzwe
Abakobwa 79 bo muri Paruwasi ya Kigarama muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko babaho mu mibreho isharirirye hamwe nabo bibarutse
Itsinda ry’Ubuhinzi ryaturutse muri Canada ryagiriye urugendoshuri muri Paruwasi ya Ruhuha muri santere ya Mareba. Iri tsinda riri kumwe n'uhagarariye
Hari ibikorwa bihoraho byo gukurikirana imikorere y’amavuriro ya Kiliziya gatolika akorera muri Arikidiyosezi ya Kigali. Ibi bikorwa bibamo: kureba uko
Ubutumwa bujyanye no gushishikariza abaturage ubumwe n’ubudaheranwa ndetse n’Isanamitima bwagiye bunyuzwa no mu bikorwa ndangamuco nk’imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico. Ibi
Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego rwo kubategura kubana neza nabo