• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
October 20, 2024

Umukobwa muto ukomoka i Dallas yagiye kwizihiza isabukuru ye i Roma muri Sinode

“Isabukuru nziza kuri wowe! Isabukuru nziza kuri wowe, mwana muto!” Aya ni amagambo yabwiwe umwana w’umukobwa witwa Ines, ubwo yari

October 18, 2024

Urubyiruko rw’Abakobwa rwasabwe kwitinyuka rukajya mu nzego zifata ibyemezo

Padiri Donatien Twizeyumuremyi umuyobozi wa Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yibukije urwo rubyiruko ko rukwiye

October 8, 2024

Menya Amateka y’Ibitaro bya Rilima byujuje imyaka 25 bishinzwe

Ibitaro bya Rilima ni ivuriro ritanga serivisi zihariye z’ubuvuzi bw’ubumuga bw’amagufa hamwe n’iz’ubugororangingo guhera mu 1999. Ibi Bitaro byahawe izina

October 8, 2024

Ibitaro by’Arikidiyosezi ya Kigali bivura amagufa by’i Rilima byizihije Yubile y’imyaka 25

Ibitaro by'Arikidiyosezi ya Kigali bivura amagufa by'i Rilima tariki 4 Ukwakira 2024 byizihije Yubile y'imyaka 25 bimaze bishinzwe. Ni ibirori

October 5, 2024

Guverinoma y’u Rwanda yijeje ubufatanye Musenyeri Ntagungira wa Diyosezi ya Butare

Guverinoma y’u Rwanda yijeje ubufatanye buhoraho Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, wagizwe umushumba wa Diyosezi ya Butare, asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wari

October 5, 2024

Musenyeri Ntagungira Jean Bosco wa Diyosezi ya Butare yimitswe

Antoine Cardinal Kambanda yahaye Ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wagiye mu kiruhuko

September 30, 2024

Iyo Ubabariye uwaguhemukiye bigufasha gukira igikomere- Myr Philippe Rukamba

Myr Philippe Rukamba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy'izabukuru avuga ko intambwe ya mbere yo kubabarira uwaguhemukiye

September 30, 2024

Ibikomere bituruka kuri Jenoside bigira uruhare mu isenyuka ry’imiryango

Sr Immaculée Uwamariya washinze Familles de L'Espérance avuga ko umuryango nyarwanda wakomeretse mu byiciro byose haba ababyeyi, ndetse n’abari bakiriho

September 30, 2024

Urubyiruko rwasabwe kubungabunga ubuzima bw’imyororokere

Mu rwego rwo kwitegura kuzavamo ababyeyi beza urubyiruko rwo muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba,rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko muri Zone, rwahawe

September 30, 2024

Serivise y’ iterambere rya muntu ryuzuye yita ku banyantege nke

Ku birebana n’ ubuzima Serivise y’ iterambere rya muntu ryuzuye izamura kandi igashyigikira ibikorwa byose biteza imbere ubuzima bukwiye kandi