“Isabukuru nziza kuri wowe! Isabukuru nziza kuri wowe, mwana muto!” Aya ni amagambo yabwiwe umwana w’umukobwa witwa Ines, ubwo yari
Padiri Donatien Twizeyumuremyi umuyobozi wa Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yibukije urwo rubyiruko ko rukwiye
Ibitaro bya Rilima ni ivuriro ritanga serivisi zihariye z’ubuvuzi bw’ubumuga bw’amagufa hamwe n’iz’ubugororangingo guhera mu 1999. Ibi Bitaro byahawe izina
Ibitaro by'Arikidiyosezi ya Kigali bivura amagufa by'i Rilima tariki 4 Ukwakira 2024 byizihije Yubile y'imyaka 25 bimaze bishinzwe. Ni ibirori
Guverinoma y’u Rwanda yijeje ubufatanye buhoraho Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, wagizwe umushumba wa Diyosezi ya Butare, asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wari
Antoine Cardinal Kambanda yahaye Ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wagiye mu kiruhuko
Myr Philippe Rukamba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy'izabukuru avuga ko intambwe ya mbere yo kubabarira uwaguhemukiye
Sr Immaculée Uwamariya washinze Familles de L'Espérance avuga ko umuryango nyarwanda wakomeretse mu byiciro byose haba ababyeyi, ndetse n’abari bakiriho
Mu rwego rwo kwitegura kuzavamo ababyeyi beza urubyiruko rwo muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba,rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko muri Zone, rwahawe
Ku birebana n’ ubuzima Serivise y’ iterambere rya muntu ryuzuye izamura kandi igashyigikira ibikorwa byose biteza imbere ubuzima bukwiye kandi