Musenyeri Ntagungira Jean Bosco watowe na Papa Francisco kuba umushumba wa Diyosezi ya Butare kuri uyu wa mbere tariki ya
Papa Fransisiko kuri uyu wa mbere tariki 12 Kanama 2024 yatoreye Padiri Ntagungira Bosco kuba umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare.
Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana. Bimwe mu bikorwa yagiye ifashamo
Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza, babungabunga
Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda yo kongerera ubushobozi abagore ku
Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye byatumye abana babo bava mu
Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego z’ibanze kuri uyu wa kane
Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda,
Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi Claver umwe mu bagenerwabikorwa yashimiye
Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro ya 4, taliki 28 Nyakanga,