• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
March 5, 2023

Abepisikopi Gatolika bo mu Rwanda baramara icyumweru i Roma

Buri myaka itanu Abepisikopi Gatolika mu bihugu byose ku Isi babona ubutumire bwa Papa, aho bajya guhura n’ubuyobozi bukuru bwa

October 30, 2022

Abantu 32 bahuguwe kuri gahunda yo gutanga ubujyanama mu muryango

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP) y’Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu 32 ku bijyanye no gutega amatwi, gutanga ubujyanama no guherekeza abagize

September 16, 2022

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bagiye kubakirwa isoko ry’imboga

Mu rwego rwo kongerera agaciro umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bo mu

September 15, 2022

Umubyeyi wese afite inshingano zo kurinda umwana kujya mu buzererezi

Caritas ya Kigali iri mu bukangurambaga bugamije guca ubuzererezi mu bana bakiri bato, kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko no kwibutsa ababyeyi

August 17, 2022

Dusobanukirwe Ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo icyo aricyo

Bakirisitu bavandimwe, muryango w’Imana, ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe n’igihe umukirisitu Gatolika by’umwihariko n’undi muntu wese w’umutima mwiza yashyiriweho n’abayobozi ba Kiliziya

August 16, 2022

Ubutumwa bw’amabonekerwa ya Bikira Mariya bugomba guhindura abantu bakagarukira Imana

Intumwa ya Papa mu Rwanda, Arikiyepiskopi Alnardo Sanchez Catalan, mu butumwa yagejeje kubari mu munsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho

July 24, 2022

Inama mpuzamahanga ya SIGNIS Africa isigiye iki ibinyamakuru bya Kiriziya Gatorika

Itangazamakuru rya Kiriziya Gatorika rigiye kunoza no kwagura imikorere yaryo nyuma y’ Inama mpuzamahanga ya SIGNIS Africa iherutse guteranira mu

July 4, 2022

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yashimiwe ibikorwa by’iterambere yagejeje ku baturage b’akarere ka Bugesera

Mu imurikabikorwa ry’Akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali yamuritse ibikorwa ikorera mu karere ka Bugesera biteza imbere

June 2, 2022

Gusoza icyumweru cy’uburezi Gatorika abarezi basabwe kwita cyane kubana bafite ubumuga

Antoine Cardinal Kambanda yasabye ababyeyi n’abarezi kwita cyane k’uburezi bw’abana bafite ubumuga kuko byagaragaye ko nabo bifitemo ubushobozi bwo kwiga

June 1, 2022

Gufasha abakene bisaba kugira umutima utanga

Abana batatu aribo Joanna Kanobayita, na Tania Niyigena ndetse Gaviana Gatsimbanyi biga mu ishuri rya Green Hills bacishije imfasanyo yabo