Paruwasi ya Ruhuha bibutse banunamira ku nshuro 30 Abatutsi bishwe muri Jenoside batura n'igitambo cya Misa cyo kubasabira Padiri mukuru
Mu nama yahuje Abapadiri bakuru ba Paruwasi muri Arikidiyosezi ya Kigali bigira hamwe uburyo bakura abatishoboye mu bukeneye bashimye gahunda
Mu rwego rw'umushinga wo kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP ya
Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro (CDJP) muri Arikidiyosezi ya Kigali, tariki 6 Mata 2024 bakoze inama bungurana
Mu rwego rwo gukomeza gushyigikira gahunda yo guteganya urubyaro Abakirisitu bo muri Paruwasi ya Munyana bahawe ibiganiro kuri gahunda yo
Abayobozi b’amavuriro y’Arikidiyosezi ya Kigali hamwe n’abayobora ibigo nderabuzima bagize umwiherero w’imisni itatu kuva tariki 24 Mata kugera tari 26
Abakangurambaga ba serivise y'Iterambere ryuzuye rya muntu(Caritas/CDJP) bo muri Zone ya Masaka kuri uyu wa kabiri tariki 30 Mata 2024
Rwigira Jean Marie Vianney umuyobozi w’ishuri rya Butamwa TVET Schools avuga ko batanga uburezi ariko bakanigisha abanyeshuri inyigisho zibakangurira kuba
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, tariki ya 27 Mata 2024 mu murwa mukuru wa Polonye, yifatanyije n'Abanyarwanda mu Gitambo cy'Ukaristiya basabiramo
Nyuma yo kubona ko Kiliziya ikomeje kugira umubare munini w’abaza babagana bifuza ko babafasha kubera impamvu zitanduka (ifunguro, imyambaro, kwivuza,