• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
September 30, 2024

Kumva neza ihame ry’uburinganire byagabanyije ihohoterwa mu miryango

Abaturage bo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera guhuguwe ku buringanire n’iterambere mu muryango bavuga ko kumenya ihohoterwa

September 30, 2024

Bahuguwe ururimi rw’amarenga kugira ngo babone uko bita ku bafite ubumuga

Abakozi ba Caritasi Kigali mu ishami ryo gufasha n’ubutabazi bahuguwe ururimi rw'amarenga kugira ngo bajye babasha kuvugana no gufasha abafite

September 29, 2024

Menya amateka ya Diyosezi ya Butare n’Abepiskopi bayiyoboye

Ibirori byo kwimika umwepiskopi mushya wa Diyosezi ya Butare biteganyijwe tariki ya 5 Ukwakira 2024. Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika mu

September 29, 2024

Sobanukirwa ibintu bitatu umubyeyi akwiye guha umwana we ku gira ngo akure neza

Kugira ngo umwana akure neza agomba kurerwa mu buryo butatu aribwo kurerwa ku mubiri, kurerwa ku mutima, Kurerwa kuri Roho

September 29, 2024

Papa Fransisiko yatangaje ko Umwami Baudouin agiye gushyirwa mu rwego rw’abahire

Ku musozo wa Misa yabereye kuri Sitade yitiriwe Baudouin, i Brussels mu Bubiligi, Papa Fransisiko yatangaje ibyo abantu batari biteze

September 29, 2024

Kongerera ubushobozi abagore mu nzego zifata ibyemezo byagabanyije ihohotera rikorerwa mu ngo

Abagabo n’abagabo ndetse na bamwe mu bagize umuryango bahamya ko inyigisho bahawe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali

September 29, 2024

Menya Intego n’ibigize ibirango bya Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA umwepisikopi mushya wa Diyosezi ya Butare

Tariki ya 05 Ukwakira 2024 kuri Katedrale ya Butare ari bwo Myr Jean Bosco NTAGUNGIRA azahabwa inkoni y’ubushumba bwo kuyobora

September 29, 2024

Burkina Faso: Hashyizwe Ubusitani bwitiriwe Bikira Mariya wa Kibeho

Paruwasi Katederali ya Dédougou ni Paruwasi y’Umujyi wa Komine Dédougou ari na yo Komine y’Umujyi w’Intara ya Mouhoum, iherereye mu

September 29, 2024

Amatsinda y’Ubumwe n’Ubudaheranwa yafashije imiryango kwishyura imitungo yangijwe muri Jenoside

Muri gahunda y’Umushinga Ubumwe n’Ubudaheranwa ushyirwa mu bikorwa na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yafashije abarokotse Jenoside Kwishyurwa

September 23, 2024

Bakanguriwe kurwanya Ibiza mu bihe by’imvura

Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera zifite aho zihurira no kurwanya Ibiza zakanguriwe gufata ingamba