Intumwa ya Papa mu Rwanda, Arikiyepiskopi Alnardo Sanchez Catalan, mu butumwa yagejeje kubari mu munsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho
Itangazamakuru rya Kiriziya Gatorika rigiye kunoza no kwagura imikorere yaryo nyuma y’ Inama mpuzamahanga ya SIGNIS Africa iherutse guteranira mu
Mu imurikabikorwa ry’Akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali yamuritse ibikorwa ikorera mu karere ka Bugesera biteza imbere
Antoine Cardinal Kambanda yasabye ababyeyi n’abarezi kwita cyane k’uburezi bw’abana bafite ubumuga kuko byagaragaye ko nabo bifitemo ubushobozi bwo kwiga
Abana batatu aribo Joanna Kanobayita, na Tania Niyigena ndetse Gaviana Gatsimbanyi biga mu ishuri rya Green Hills bacishije imfasanyo yabo
Antoine Cardinal Kambanda yayoboye inama y’iminsi 2 yiga uburyo Kiriziya Gatorika izafatanya na Reta y’u Rwanda muri gahunda yo guteganya
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Caritasi ya Kigali bo mu karere ka Bugesera tariki ya 19/4/2022 bashyikirijwe ibigega 100