Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego z’ibanze kuri uyu wa kane
Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda,
Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi Claver umwe mu bagenerwabikorwa yashimiye
Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro ya 4, taliki 28 Nyakanga,
Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru. Ku iki cyumweru Umuyobozi wa
Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Sogokuru na Nyogokuru. Ese uribuka ko ari ingenzi kubitaho igihe ukibafite?
Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari ukwezi abaturage benshi baba babonye
Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya CHUK, yitabye Imana ku cyumweru
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024 mu karere ka Bugesera yamurikiye
Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, habaye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ishami ry’ishuri ry’ubuzima rya Ruli( Ruli